Inteko y’Umuryango FPR muri Gatsibo yarateranye

Kuri uyu wa 21 Kanama 2016 mu Karere ka Gatsibo hakozwe inteko y’Umuryango ku rwego rw’Akarere yitabirwa n’abanyamuryango 427 baturutse mu byiciro by’inzego z’umuryango kuva ku rwego rw’Udugudu kugera ku Karere ndetse n’abayobozi mu byiciro byihariye by’inzego z’umuryango.
Demokarasi twemera n’ishingira ibyemezo ku byifuzo by’abaturage.

Chairman w’Umuryango RPF Inkotanyi Perezida Paul Kagame mu kiganiro yahaye abanyeshuri biga muri Kamiza ya Yale ibarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yavuze ko demokarasi nyayo ari ishingira ibikorwa ku byifuzo by’abaturage, ashimangira ko nta gihugu gikwiye kwiha uburenganzira bwo kugena uko ibindi bibabo.
Ntituzigera duteshuka ku ntego yo kubaka iterambere rishingiye ku bumwe – Chairman

Ubwo yagezaga ijambo ku Banyarwanda n’isnhuti z’u Rwanada zisaga ibihumbi bibiri zari zateraniye mu mujyi wa wa San Fransisco ho muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kuri uyu wa gatandatu tariki 24 Nzeli
Kigali: Ibihugu hafi 200 byeyimeje gukumira ibyuka bihumanya ikirere

Nyuma y’iminsi igera kuri itandatu zingurana ibitekerezo, intumwa zari zahuriye I Kigali ziturutse mu bihu hafi 200 zemeranyijwe ku mugambi wo gukumira ibyuka bituruka mu byuma bikonjesha (hydrofluorocarcons, HFCs) hagamijwe kubungabunga akayunguruzo k’izuba no kurengera ibidukikije.
Chairman yatangije ibikorwa byo gukoresha indege zitagire abazitwara muri serivisi z’ubuvuzi
Kuri uyu wa 14 Ukwakira 2016, Chairman w’Umuryango FPR Inkotanyi, Perezida Kagame yatangije ibikorwa byo gutwara amaraso n’indi miti mu bitaro hifashishijwe indege nto zizwi nka drones. U Rwanda ruhita ruba igihugu cya mbere ku Isi gikoresheje iri koranabuhanga.
Chairman w’Umuryango na Madam bari muri Morocco

Kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2016 nibwo Chairman w’Umuryango RPF Inkotanyi Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bageze i Marrakesh muri Moroc aho bitabiriye inama ya 22 y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku mihindagurikire y’ibihe (COP 22).
Abanyarwanda bafitiye icyizere kidasanzwe ubuyobozi bwabo

Ubwo hatangazwaga ibyavuye mu ubushakashatsi bwakoze n’iIkigo cy’Igihugu gishinzwe Imiyoborere, RGB kuri uyu wa 15 Ugushyingo, bwagaragaje ko abaturage bo mu turere dutatu tugize Umujyi wa Kigali bafitiye icyizere kinini inzego z’ubuyobozi bw’u Rwanda,
Chairman yatashye inyubako ebyeri zidasanzwe mu mujyi wa Kigali

Kuri uyu wa mbere tariki ya 5 Ukuboza 2016, Chairman w’Umuryango RPF Inkotanyi Perezida Paul Kagame yatashye inyubako nshya ebyiri zubatse mu mujyi wa Kigali arizo Chic Complex na Kigali Heights.
Chairman yibukije abayobozi ko bakwiye gushishikazwa n’inyungu z’abo bayobora

Mu nama isanzwe ya biro politiki y’Umuryango RPF Inkotanyi yateranye kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2016, Chairman w’Umuryango Perezida Paul Kagame yibukije abayobozi bayitabiriye ko bakwiye kwiyumvamo inshingano zo kwita ku baturage ku buryo batagomba guhora babiruka inyuma babasaba ibyo bakagombye kuba babaha.
Chairman yatanze ikiganiro ku bayobozi n’abashoramari mpuzamahanga mu Buhinde

Kuri uyu wa kabiri Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagejeje ijambo ku bitabiriye umuhango wo gufungura inama ya munani yiga ku ishoramari izwi nka Vibrant Gujarat Summit, yatangiye uyu munsi muri Leta ya Gujarat mu gihugu cy’ u Buhinde.