Chairman yitabiriye ibirori byo kwibohora muri Nyabihu

Ubwo yari mu Murenge wa Shyira ahabereye ibirori byo kwibohora ku nshuro ya 23, Chairman w’Umuryango RPF Inkotanyi Perezida Paul Kagame yibukije Abanyarwanda ko n’ubwo kwibohora byagezweho, ingaruka z’icyatumye Abanyarwanda bahitamo kujya mu arugamba rwo kwibohora zigihari.

Chairman yaganiriye n’Intore z’abahanzi n’abanyamakuru

Ubwo yabonana n’Intore z’abakora imirimo ijyanye na siporo n’itangazamakuru “Imparirwakubarusha n’Impamyabigwi” zigera ku 2000 muri Kigali Convention Center kuri uyu wa gatandatu tariki ya 27 Gicurasi 2017, Chairman w’Umuryangao yabakanguriye gukorana n’ubuyobozi kugira ngo bazamure impano zabo.

RPF yazanye ubumwe mu gihugu – Chairman Kagame

Chairman w’Umuryango RPF Inkotanyi, Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa gatanu, yagejeje ijambo ku bantu basaga 100,000 biganjemo abaturate b’akarere ka Ruhango, bari bakusaniye ku kibuga cya Kibingo, aho yatangiriye gahunda zo kwiyamamaza.