RPF yazanye ubumwe mu gihugu – Chairman Kagame

Chairman w’Umuryango RPF Inkotanyi, Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa gatanu, yagejeje ijambo ku bantu basaga 100,000 biganjemo abaturate b’akarere ka Ruhango, bari bakusaniye ku kibuga cya Kibingo, aho yatangiriye gahunda zo kwiyamamaza.
Chairman wa RFP yabwiye abanyenyanza ati: Ndashaka ko dufatanya inzira, tukazagerana kure

Chairman wa RPF-Inkotanyi, Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa gatanu yiyamamarije mu karere ka Nyanza, nyuma yo kuva mu karere ka Ruhango aho yatangirije ibikorwa bye byo kwiyamamaza.
Banyagisagara, mutore RPF musigasire iterambere – Chairman Kagame

Chairman wa RPF, Perezida Paul Kagame kuwa gatandatu tariki 15 Nyakanga 2017 yasabye abayoboke basaga 100,000 mu karere ka Gisagara kuzatora Umuryango RPF- Inkotanyi mu matora yegereje y’Umukuru w’Igihugu, kugira ngo ashobore gukomeza kubafasha kwihutisha itrerambere mu gihugu.
Chairman wa RPF yijeje abaturage b’i Nyaruguru ko atazigera abatenguha

Ku munsi wa kabiri wa gahunda ye yo kwiyamamaza, Chairman wa RPF akaba n’umukandida Umuryango watoye kuhuhagararira mu matora yegereje y’Umukuru w’Igihugu, kuwa gatandatu yiyamararije mu karere ka Nyaruguru, mu ntara y’Amajyepfo.
Chairman wa RPF yiyamamarije i Huye, asaba abaturage kwishimira ibyagezweho, batora RPF

Chairman akaba n’umukandida wa RPF-Inkotanyi mu matora yegereje y’Umukuru w’Igihugu, Perezida Paul Kagame, ku cyumweru tariki 16 Nyakanga yabwiye abaturage b’Akarere ka Huye ko ibikorwa byo kwiyayamaza yatangiye mu minsi itatu ishize bigamije kwishimira ibyagezweho na RPF-Inkotanyi.
Chairman wa RPF yiyayamarije i Muhanga, asaba buri muturage kugira uruhare mu iterambere

Chairman wa RPF Inkotanyi, akaba n’umukandida wayo mu matora yegereje ya Perezida wa Repubulika, kuwa kabiri yiyayamaije i Muhanga; aka akaba ari ko karere ka nyuma ko mu ntara y’amajyepfo Umukuru w’Igihugu azageramo yimamamaza muri gahunda yatangiye kuwa 14 Nyakana 2017.
Banyakamonyi, turi kumwe muri uru rugendo – Chairman Kagame

Chairman wa RPF-Inkotanyi, ku cyumweru mu masaha ya nyuma ya saa sita yari mu karere ka Kamonyi, ari naho hantu ha nyuma yiyamamarije kuri uwo munsi.
Chairman wa RPF yabwiye abatuye Ngororero ko gutora RPF ari uguhitamo igihugu kitajegajega

Ku munsi wa gatanu nyuma yo gutangiza ibikorwa bye byo kwiyamamaza, Chairman wa RPF, Perezida Paul Kagame yiyayamarije mu karere ka Ngororero mu ntara y’Uburengerazuba.
Chairman wa RPF: Nyabugogo ni ikimenyetso cy’u Rwanda dushaka kubaka

Chairman wa RPF akaba n’umukandida wayo mu matora yegereje ya Perezida wa Repubulika Perezida Paul Kagame, kuwa gatatu yanyuze mu gace k’ubucuruzi ka Nyabugogo aho yagejeje ijambi ku bihumbi by’abaturage bari baje kumwereka ko bamuri inyuma.
Chairman Kagame: Politiki ya RPF igamije iterambere

Chairman wa RPF Inkotanyi, kuwa kane, mbere ya saa sita, yiyamamarije mu karere ka Rulindo mu ntara y’amajyaruguru, ageza ijambo ku bayoboke basaga 200,000 bari bateraniye mu kagari ka Gasiza, umurenge wa Bushoki.