Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi b’i Burayi bahuriye mu mwiherero

Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi batuye ku mugabane w’u Burayi, bahuriye mu mwiherero wa 12 witabiriwe n’abarenga 800. Ibiganiro biri kwibanda ku ruhare rw’abanyamuryango batuye muri Diaspora mu iterambere ry’igihugu. Baraganira kandi ku musanzu wabo mu gusigasira isura nziza y’u Rwanda binyuze mu bikorwa bitandukanye. Mu ijambo rye, Umunyamabanga Mukuru wa FPR-Inkotanyi, Gasamagera Wellars, yashimiye abitabiriye uyu […]

Chairman yasuye Intara y’Iburasirazuba, aganira n’abayituye

Chairman w’Umuryango RPF Inkotanyi yagiriye urugendo rw’iminsi itatu mu Ntara y’Iburasirazuba aho yaggiranye ibiganiro n’abayituye ndetse anifatanya nabo mu muganda. Mu ijambo yagejeje ku batuye Akarere ka Ngoma, mu Murenge wa Zaza, Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda gukomeza kubaka igihugu bashyizemo umwete, ariko baharanira umutekano wo nkingi y’ibanze y’iterambere rirambye. Perezida Kagame yabibukije ko iterambere nyaryo […]

Gakenke: Abanyamuryango basabwe gukora ibiteza imbere Umunyarwanda

Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu Karere ka Gakenke barasabwa kuba abanyamuryango nyabo barushaho gukora ibikorwa bitezimbere Abanyarwanda kandi bakarangwa n’ubunyangamugayo. Babisabwe mu nteko rusange y’umuryango FPR Inkotanyi yabaye kuri iki cyumweru tariki 24 Mata 2016. Mu kiganiro yagejeje ku banyamuryango ba FPR Inkotanyi muri aka karere, Hon Musabeyezu yavuze ko bagomba kuba maso kandi bakamenya […]

Karongi: Abanyamuryango bari babukereye

Abanyamuryango barenga 3000 ba FPR-Inkotanyi n’ab’indi mitwe ya politike yishyize hamwe bahuriye mu kagari ka Birambo umurenge wa Gashari mu karere ka Karongi, tariki 27/08/2013, mu gikorwa cyo kwamamaza abakandida babo bahatanira kuzajya mu Nteko Ishinga Amategeko.

Umuhanda uhuza Kayonza na Kagitumba ugiye gusanwa

Ubwo yari mu Karere ka Kayonza, Perezida wa Repubulika akaba na Chairman wa RPF Inkotanyi Paul Kagame yabwiye abagatuye ko umuhanda uva Kagitumba ukagera i Kayonza ugakomeza ku Rusumo ugiye gukorwa. Yagize ati “Umuhanda munini uva ku mupaka wa Uganda ukanyura hano ugakomeza ujya Rusumo uri mu nzira zo gukorwa bundi bushya. Iby’ibanze, ibyangombwa byose […]