Musanze: Habaye inteko rusange y’urubyiruko rushamikiye ku muryango FPR

Kuri uyu wa 29 Gicurasi 2016 mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Musanze, Intara y’Amajyaruguru habereye Inteko rusange y’Urugaga rw’Urubyiruko rushamikiye ku Muryango FPR INKOTANYI.
Afurika ntikwiye guhora inyuma y’indi migabane mu iterambere – Chairman

Ubwo yatangaga ikiganiro ku iterambere rikwiye Umunyafurika mu nama mpuzamahanga ku bukungu “World Economic Forum on Africa (WEF)”, Chairman w’Umuryango RPF Inkotanyi Perezida Paul Kagame yavuze ko Afurika idakwiye guhora inyuma y’indi migabane mu bijyanye n’terambere. Iki kiganiro cyibanze ku mpinduramatwara ya kane mu bukungu muri Afurika (Africa’s Fourth Industrial Revolution), n’uburyo byateza imbere ubukungu […]
Chairman yibukije abakuru b’Ibihugu ko Afurika ntacyo yageraho abayituye badashyize hamwe

Ubwo yagezaga ijambo riha ikaze abitabiriye Inama ya 27 y’Abakuru b’Ibihugu bigize umuryango wa Afurika yunze ubumwe kuri uyu wa 17 Nyakanga 2016, Chairman w’Umuryango RPF Inkotanyi Perezida Paul Kagame yabasabye kwita no kuzirikana ihame ry’ubumwe hagati y’ibihugu bigize uyu muryango kuko aricyo cyabafasha kubonera umuti ibibazo byugarije abaturage babo bashyize hamwe.
Chairman yibukije abakuru b’Ibihugu ko Afurika ntacyo yageraho abayituye badashyize hamwe

Ubwo yagezaga ijambo riha ikaze abitabiriye Inama ya 27 y’Abakuru b’Ibihugu bigize umuryango wa Afurika yunze ubumwe kuri uyu wa 17 Nyakanga 2016, Chairman w’Umuryango RPF Inkotanyi Perezida Paul Kagame yabasabye kwita no kuzirikana ihame ry’ubumwe hagati y’ibihugu bigize uyu muryango kuko aricyo cyabafasha kubonera umuti ibibazo byugarije abaturage babo bashyize hamwe.
Inteko rusange y’Umuryango RPF Remera yungutse abanyamuryango bashya 242

Mu Murenge wa Remera ku ishuri ryisumbuye rya Nyarutarama kuri iki Cyumweru tariki ya 24 Nyakanaga hahuriye abayoboke b’Umuryango FPR Inkotanyi bagera ku bihumbi bitatu n’ijana bari bahuriye mu nteko rusange.
banyamuryango bo mu Mirenge ya Jali, Gisozi na Nduba bishimiye ibyagezweho

Kuri uyu wa 23 Nyakanga 2016 mu Mirenge itandukanye igize akarere ka Gasabo m’Umujyi wa Kigali yagize Inteko rusange ndetse Abanyamuryango ba RPF Inkotanyi baboneraho umwanya wo kwisuzuma mu rwego rwo kureba ibyagezweho n’ibitaragezweho n’impamvu hashiingiwe kuri gahunda bari barihaye.
Abanyamuryango ba FPR muri Ruhango bishyuriye ubwisungane abatishoboye 20

Mu nama rusange yahuje abanyamuryango mu Murenge wa Ruhango kuri uyu wa 21 Kanama 20176, yarangiye abayitabiriye baremeye ubwisungane mu kwivuza abatishoboye bagera kuri 20, iyi gahunda ikaba izakomeza ikagera ku bandi 160.
Inteko y’Umuryango FPR muri Gatsibo yarateranye

Kuri uyu wa 21 Kanama 2016 mu Karere ka Gatsibo hakozwe inteko y’Umuryango ku rwego rw’Akarere yitabirwa n’abanyamuryango 427 baturutse mu byiciro by’inzego z’umuryango kuva ku rwego rw’Udugudu kugera ku Karere ndetse n’abayobozi mu byiciro byihariye by’inzego z’umuryango.
Demokarasi twemera n’ishingira ibyemezo ku byifuzo by’abaturage.

Chairman w’Umuryango RPF Inkotanyi Perezida Paul Kagame mu kiganiro yahaye abanyeshuri biga muri Kamiza ya Yale ibarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yavuze ko demokarasi nyayo ari ishingira ibikorwa ku byifuzo by’abaturage, ashimangira ko nta gihugu gikwiye kwiha uburenganzira bwo kugena uko ibindi bibabo.
Ntituzigera duteshuka ku ntego yo kubaka iterambere rishingiye ku bumwe – Chairman

Ubwo yagezaga ijambo ku Banyarwanda n’isnhuti z’u Rwanada zisaga ibihumbi bibiri zari zateraniye mu mujyi wa wa San Fransisco ho muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kuri uyu wa gatandatu tariki 24 Nzeli