Afurika ntikwiye guhora inyuma y’indi migabane mu iterambere – Chairman

Ubwo yatangaga ikiganiro ku iterambere rikwiye Umunyafurika mu nama mpuzamahanga ku bukungu “World Economic Forum on Africa (WEF)”, Chairman w’Umuryango RPF Inkotanyi Perezida Paul Kagame yavuze ko Afurika idakwiye guhora inyuma y’indi migabane mu bijyanye n’terambere. Iki kiganiro cyibanze ku mpinduramatwara ya kane mu bukungu muri Afurika (Africa’s Fourth Industrial Revolution), n’uburyo byateza imbere ubukungu […]

Chairman yibukije abakuru b’Ibihugu ko Afurika ntacyo yageraho abayituye badashyize hamwe

Ubwo yagezaga ijambo riha ikaze abitabiriye Inama ya 27 y’Abakuru b’Ibihugu bigize umuryango wa Afurika yunze ubumwe kuri uyu wa 17 Nyakanga 2016, Chairman w’Umuryango RPF Inkotanyi Perezida Paul Kagame yabasabye kwita no kuzirikana ihame ry’ubumwe hagati y’ibihugu bigize uyu muryango kuko aricyo cyabafasha kubonera umuti ibibazo byugarije abaturage babo bashyize hamwe.

Chairman yibukije abakuru b’Ibihugu ko Afurika ntacyo yageraho abayituye badashyize hamwe

Ubwo yagezaga ijambo riha ikaze abitabiriye Inama ya 27 y’Abakuru b’Ibihugu bigize umuryango wa Afurika yunze ubumwe kuri uyu wa 17 Nyakanga 2016, Chairman w’Umuryango RPF Inkotanyi Perezida Paul Kagame yabasabye kwita no kuzirikana ihame ry’ubumwe hagati y’ibihugu bigize uyu muryango kuko aricyo cyabafasha kubonera umuti ibibazo byugarije abaturage babo bashyize hamwe.

Inteko y’Umuryango FPR muri Gatsibo yarateranye

Kuri uyu wa 21 Kanama 2016 mu Karere ka Gatsibo hakozwe inteko y’Umuryango ku rwego rw’Akarere yitabirwa n’abanyamuryango 427 baturutse mu byiciro by’inzego z’umuryango kuva ku rwego rw’Udugudu kugera ku Karere ndetse n’abayobozi mu byiciro byihariye by’inzego z’umuryango.

Demokarasi twemera n’ishingira ibyemezo ku byifuzo by’abaturage.

Chairman w’Umuryango RPF Inkotanyi Perezida Paul Kagame mu kiganiro yahaye abanyeshuri biga muri Kamiza ya Yale ibarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yavuze ko demokarasi nyayo ari ishingira ibikorwa ku byifuzo by’abaturage, ashimangira ko nta gihugu gikwiye kwiha uburenganzira bwo kugena uko ibindi bibabo.