Kigali: Ibihugu hafi 200 byeyimeje gukumira ibyuka bihumanya ikirere

Nyuma y’iminsi igera kuri itandatu zingurana ibitekerezo, intumwa zari zahuriye I Kigali ziturutse mu bihu hafi 200 zemeranyijwe ku mugambi wo gukumira ibyuka bituruka mu byuma bikonjesha (hydrofluorocarcons, HFCs) hagamijwe kubungabunga akayunguruzo k’izuba no kurengera ibidukikije.

Chairman w’Umuryango na Madam bari muri Morocco

Kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2016 nibwo Chairman w’Umuryango RPF Inkotanyi Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bageze i Marrakesh muri Moroc aho bitabiriye inama ya 22 y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku mihindagurikire y’ibihe (COP 22).

Chairman arakangurira urubyiruko gukoresha neza amahirwe rufite

Ubwo yari mu ruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Ethiopia kuri uyu wa 2 Nyakanga 2016, Chairman w’Umuryango RPF Inkotanyi Perezida Kagame yahawe impamyabumenyi y’icyubahiro mu by’amategeko. Iyi mpamyabumenyi yayiherewe muri Kaminuza ya Bahir Dar mu rwego rwo kumushimira uruhare rwe mu guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi no guteza imbere abari n’abategarugori.  Ni ku nshuro ya mbere […]

Abanyarwanda bafitiye icyizere kidasanzwe ubuyobozi bwabo

Ubwo hatangazwaga ibyavuye mu ubushakashatsi bwakoze n’iIkigo cy’Igihugu gishinzwe Imiyoborere, RGB kuri uyu wa 15 Ugushyingo, bwagaragaje ko abaturage bo mu turere dutatu tugize Umujyi wa Kigali bafitiye icyizere kinini inzego z’ubuyobozi bw’u Rwanda,